car wheels and rims car rims
 

  • News
  • Electricity
    • Renewable Energy
    • Energy Efficiency
    • Energy Resources
  • Projects
  • Investment Opportunities

Home » Energy Resources » Rwanda | Ngoma: Nyuma y’ imyaka icumi amzi yarapfuye barishimira ko azazanana n’amashanyarazi

Rwanda | Ngoma: Nyuma y’ imyaka icumi amzi yarapfuye barishimira ko azazanana n’amashanyarazi

Posted by: peter    Tags:  ange kagame, featured, Rwanda electricity, Rwanda infrastructure, Rwanda JICA, Rwanda Ngoma, Rwanda water    Posted date:  October 17, 2012  |  No comment



Nyuma y’ imyaka icumiAbatuye umurenge wa Mutendeli na Kazo ho mukarere ka Ngoma barashimira ko nyuma y’ igihe kinini barabuze amazi,ubu noneho babona icyizere ari cyose kandi ko bishimiye cyane ko noneho bagiye guhabwa n’ umuriro.

 

Aba baturage babitangaje kuri uyu wa 15/10/2012 ubwo bavuganaga n’ itangazamakuru maze bakavuga ibyishimo batewe no kuba bagiye kubonera rimwe amazi n’umuriro amashanyarazi.

 

Uwitwa habanabakize yagize ati”Tubona noneho nyuma y’igihe kinini turira amazi ibintu birikujya mu buryo ntagisibya. Ubu abayapani bo muri JICA,bubatse ibigega,bacukura imiyoboro icyizere ni cyose. Akarusho ni uko umuriro w’amashanyarazi nawo ugeze kure.”

 

Ni ibintu bidasanzwe kuba aba baturage bagarura icyizere kuko mu gihe kigera ku myaka 10 bacyimaze babwirwa ko bagiye guhita babona amazi ntibayabone kuburyo byageze aho bakavuga ko akarere kabanga.

 

Gusa ubu iyo uvuganye nabo ubona ko baba bafite morale kandi noneho bizeye ko amazi bazayabona kandi akoze kuburyo burambye.

 

Kugera ubu ibikorwa biri gukorwa n’uyu mushinga ni ukubaka ibigega bishya no guhanga imiyoboro mishya.

 

Ubuyobozi bwo butangaza ko umuriro w’ amashanyarazi bitarenze mu kwezi kwa cumi nabili bazaba bacana ntakibazo.Naho amazi yo ngo Azaba yarangiye mu kwezi kwa Kane umwaka utaha nkuko  bivugwa n’ umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Mutendeli ndetse n’ ubuyobozi bw’akarere.

 

Guhanga no gusana umuyoboro w’amazi Kagoma –Matongo, biri gukorwa n’abayapani mu mushinga witwa”JICA”  bikaba biteganijwe ko gusana uyu muyobora no guhanga indi bizarangira bitarenze ukwezi kwa Kane umwaka utaha wa 2013.

 

 

 

 

 


    Share This
About the author
peter



Related Posts

Rwanda | Nyaruguru district: Road construction and electricity supply among the district’s priorities
The Nyaruguru district leadership in Southern Rwanda, has vowed to increase electricity supply outreach from 1.8 per cent to 10 per cent during the budget year 2012-2013 and that, by 2013, the district will have kicked off a study...


Rwanda | Gitovu: water shortage still a problem
Residents of Gitovu sector in Burera district decry lack of clean water in their sector as most of the residents use water fetched from Burera and Ruhondo Lakes. Some of the residents fetch water from Canons in the valleys...


Rwanda | Kabilizi: lack of electricity still a complex problem
Residents of Kabilizi cell in Gacaca sector in Musanze District are worried for spending a long time with no electricity when the Mukungwa power plant that distributes electricity in many parts of the country is built in their...


Wanna say something?





  Cancel Reply

« Rwanda | RUSIZI: ABATUYE MU MURENGE WA MURURU AMASO YAHEZE MUKIRERE BATEGEREJE AMAZI MEZA
Rwanda | Kayonza: Abaturage barasaba gukorerwa ubuvugizi kugira ngo Umurenge Sacco ujye ubaha inguzanyo ya Biogaz »
  • Recent Posts

    • Rulindo: uruhare rwa Buri wese rurakenewe mu kubunga bunga ibikorwaremezo.
    • Gakenke: Imihigo y’utugali ya 2013-2014 igomba gukemura ibibazo bya Biogas na rondereza
    • Umushinga wa RukararaII uracyafite ibikorwa biri inyuma
    • Rubavu : abaturage bashima EWSA kuba itagitwara umuriro
    • Musanze development strategies to rely on infrastructure
    • Iterambere rya Musanze ry’imyaka itanu rizashingira ahanini ku bikorwa remezo