car wheels and rims car rims
 

  • News
  • Electricity
    • Renewable Energy
    • Energy Efficiency
    • Energy Resources
  • Projects
  • Investment Opportunities

Home » Projects » Rwanda : Sosiyete zicukura amabuye y’agaciro zirasabwa kongererwa imyaka zigenerwa yo gucukura

Rwanda : Sosiyete zicukura amabuye y’agaciro zirasabwa kongererwa imyaka zigenerwa yo gucukura

Posted by: peter    Tags:  ange kagame, featured, Rwanda, Rwanda activities, Rwanda mining, Rwanda minister, Rwanda Prime, Rwanda project, Rwanda visit    Posted date:  November 4, 2012  |  No comment



Sosiyete zicukuraAbakuzi b’amabuye y’agaciro  muri sosiyete yitwa PYRAMIDES ikorera mu murenge wa Kabacuzi mu karere ka Muhanga ho mu ntara y’Amajyepfo barasaba misitiri w’intebe ko igihe bahabwa cyo gucukura cyakongerwa kuko ari gito cyane.

Ibi  babisabye Minisitiri w’intebe Habumuremyi Pierre Damien ubwo yasuraga iyi sosiyete kuri uyu wa 01/11/2012 aho ikorera ubucukuzi mu karere ka Muhanga mu murenge wa Kabacuzi .

Amategeko agenga ubucukuzi mu Rwanda avuga ko mine ntoya zigenerwa imyaka itanu yo gucukurwamo naho mine nini zo zikaba zigenerwa imyaka 30. Iki gihe ariko gishobora kongerwa bitewe n’ibikorwa bihakorerwa.

Muhamoud Salem umuyobozi w’iyi sosiyeti Pyramides icukura koruta muri aka gace, akaba yabwiye minisitiri ko iki gihe bahabwa ari gito cyane ugereranije n’ahantu baba bafite ho gucukura ndetse n’ibikorwa baba bateganya kuhakorera. Iyi sosiyete ikaba iri muzihabwa imyaka itanu.

Salem avuga ko iyi myaka ntacyo iboroherezaho mu rwego rwo gusaba inguzanyo mu mabanki kuko ngo iyo bafite imyaka mike badashobora kubona inguzanyo bifuza ariko ngo baramutse bongerewe igihe cyo gukora, amabanki yajya abizera maze akabaha amafaranga bifuza bakaba bakongera ibikorwa byabo maze bikarushaho gufasha n’abaturage baba barahawe akazi.

Aha Minisitiri w’intebe akaba yasabye minisiteri ifiti mu nshingano zayo Mine ko yakwita kuri iki kibazo maze kigakemuka vuba.

Minisitiri Stanslas Kamanzi akaba ari nawe ufite mu nshingano ze mine yatangaje ko itegeko ry’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro riri guhinduka kuburyo ngo iyi myaka bahabwaga igiye kwiyongera, mine nto zahabwaga imyaka itanu zikongererwa kuburyo nibura zageza ku myaka 20 cyangwa inarenga.

Kuri ubu mu Rwanda habarirwa Mine zirenga 400.

 

 

 

 


    Share This
About the author
peter



Related Posts

Rwanda | Nyaruguru district: Road construction and electricity supply among the district’s priorities
The Nyaruguru district leadership in Southern Rwanda, has vowed to increase electricity supply outreach from 1.8 per cent to 10 per cent during the budget year 2012-2013 and that, by 2013, the district will have kicked off a study...


Rwanda | Gitovu: water shortage still a problem
Residents of Gitovu sector in Burera district decry lack of clean water in their sector as most of the residents use water fetched from Burera and Ruhondo Lakes. Some of the residents fetch water from Canons in the valleys...


Rwanda | Kabilizi: lack of electricity still a complex problem
Residents of Kabilizi cell in Gacaca sector in Musanze District are worried for spending a long time with no electricity when the Mukungwa power plant that distributes electricity in many parts of the country is built in their...


Wanna say something?





  Cancel Reply

« Rwanda : PYRAMIDES Mining Society needs more time-Kabacuzi Miners
Rwanda | Kabilizi: lack of electricity still a complex problem »
  • Recent Posts

    • Nyabihu: Abaturage bakomeje kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi kandi abawubonye barishimira uburyo wabakuye mu bwigunge
    • Rubavu: Road construction to pave for more development
    • Nyabihu: Akarere kesheje umuhigo kanarenzaho mu kwegereza abaturage amashyanyarazi
    • Rulindo: Abaturage batuye mu murenge wa mbogo bafite ikibazo cyo kutagira amazi meza.
    • Rubavu: ibikorwa by’imihanda bizajya bishyirwa aho abaturage babigiramo uruhare
    • Nyanamo: Residents contribute for electricity