car wheels and rims car rims
 

  • News
  • Electricity
    • Renewable Energy
    • Energy Efficiency
    • Energy Resources
  • Projects
  • Investment Opportunities

Home » Electricity » Rwanda : Abagana EWSA Musanze barashima serivisi bahabwa

Rwanda : Abagana EWSA Musanze barashima serivisi bahabwa

Posted by: peter    Tags:  Rwanda appreciation, Rwanda evaluation, Rwanda EWSA, Rwanda good services, Rwanda musanze, Rwanda People, Rwanda services    Posted date:  January 10, 2013  |  No comment

 

Mu gikorwa cyo kugenzura imitangire ya serivisi ku bagana amashami atandukanye ya EWSA, abagana irya Musanze baravuga ko bishimira uburyo bakirwa, ndetse na serivisi bahabwa, kuko bayihabwa ku gihe kandi inoze.

Ubwo hagenzurwaga ishami rya Musanze kuri uyu wa mbere tariki 07/01/2012, Nkurunziza Jean Marie, umukozi wa EWSA ushinzwe ibijyanye na serivisi, avuga ko mu bibagenza ahantu hatandukanye mu gihugu, harimo gutanga inama mu bijyanye no gutanga serivisi.

Ibi kandi ngo bikaba bigamije kugabanya ibibazo biboneka mu mitangire ya serivisi. Ibi kandi ngo bikaba biri no mu nshingano ya buri rwego rufite mu nshingano kwakira abantu.

Abahabwa serivisi bavuga ko kuri ubu bitakimeze nko mu bihe bya shize, aho umuntu yashobora no kumara iminsi atarahabwa serivisi.

Munganyika, ati: “Aho naje ntazi bahanyoboye, none ubu ibyo nari nkeneye nabibonye”.

Gahunda yo kugenzura imitangire ya serivisi mu bakozi no mu mashami yayo, yatangiriye mu mujyi wa Kigali, ubu ikaba igeze mu ntara zitandukanye, aho abantu bagirwa inama, zitakubahirizwa bakaba banahabwa ibihano.

 

 

 


    Share This
About the author
peter



Wanna say something?





  Cancel Reply

« Rwanda | Mugina: Abatuye icyaro bahawe insinga Babura amashanyarazi
More Rwandans to access electricity by 2017 »
  • Recent Posts

    • Umushinga wa RukararaII uracyafite ibikorwa biri inyuma
    • Rubavu : abaturage bashima EWSA kuba itagitwara umuriro
    • Musanze development strategies to rely on infrastructure
    • Iterambere rya Musanze ry’imyaka itanu rizashingira ahanini ku bikorwa remezo
    • Kabatwa: Nyuma yo kubona amashyanyarazi hafi yabo ,agenda abageza kuri byinshi mu iterambere
    • Nyamasheke: Sector roads, a responsibility of residents-Mayor