car wheels and rims car rims
 

  • News
  • Electricity
    • Renewable Energy
    • Energy Efficiency
    • Energy Resources
  • Projects
  • Investment Opportunities

Home » Projects » Rwanda | Ngororero: Abaturage nibadacunga neza amazi bagejejweho azahabwa EWASA

Rwanda | Ngororero: Abaturage nibadacunga neza amazi bagejejweho azahabwa EWASA

Posted by: peter    Tags:  Rwanda energy, Rwanda EWASA, Rwanda infrastructure, Rwanda management, Rwanda Ngororero, Rwanda People, Rwanda water    Posted date:  January 5, 2013  |  No comment



 

Nyuma y’uko ubuyobozi bw’akarere ka Ngororero n’abafatanyabikorwa bako bahagurukiye gukemura ikibazo cy’amazi meza agezwa ku baturage, hari abamaze kuyabona ariko bakaba badafite imicungire yayo inoze kuburyo bashobora kuzayamburwa agahabwa ababishoboye.

Ibi byatangajwe na bwana Bigenimana Emmanuel, Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Ngororero uvuga ko bimaze kugaragara ko ahamaze kugezwa amazi batayafashe neza ndetse hamwe akaba yaratangiye kwangirika mu gihe hari abagikeneye kwegerezwa amazi.

Abaturage nibadacunga neza amazi

Aho batita kumazi azahabwa ababishoboye

 

 

 

 

 

 

 

 

Uyu muyobozi avuga ko abaturage bagejejweho amazi batangiye gusaba inkunga zo gusana impombo bangije kandi hari abatarayabona, ndetse mu micungire myiza yayo mazi bakaba bakwiye kugira uburyo buhoraho batanga amafaranga makeya maze bakabasha kwisanira amazi, binyuze mubimina cyangwa amashyirahamwe y’abavimyi.

Amazi meza ni kimwe mubibazo by’ingutu abatuye akarere ka Ngororero bafite kuko umubare munini ukivoma mubishanga n’ibidendezi, ariko ubuyobozi bukaba bwarihaye intego yo kwihutisha ikwirakwizwa ry’amazi meza.

 

Abaturage nibadacunga neza amazi2

Gukwirakwiza amazi birakomeje

Aho abaturage bazakomeza kugaragaza imbaraga n’ubushake bikeya mugucunga amazi bahawe, Bigenimana avuga ko biteguye kugirana amasezerano n’uwariwe wese washobora gukora icyo gikorwa ariko ahanini hakavugwa EWASA kubera uburambe ibifitemo.


    Share This
About the author
peter



Related Posts

Rwanda | Ngoma: Barasaba EWSA kubibuka kuko basigaye hagati mu mujyi badafite amashanyarazi
Abaturage batuye akagali ka Gahima ko mu murenge wa Kibungo, barasaba ikigo  cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza  amazi n’umuriro w’amashanyarazi (EWSA),kwibuka akagali kabo kuko ariko gasigaye hagati y’utundi kadafite...


Rwanda | Kamonyi: Electricity use promotes Development
After 3 years of access to electricity to local people in Kamonyi district especially in rural area, residents say that access to electricity has enabled them  work on many projects that continue support their social...


Rwanda : Gakenke District’s electricity supply lags behind
The service for electricity distribution among the people in different parts of Gakenke district is very slow especially due to the insufficient operations of the Energy, Water and Sanitation Authority (EWSA) and the poor...


Wanna say something?





  Cancel Reply

« Rwanda | Kayonza: Residents urged to maintain sanitation around water taps
Solomon Resources Ltd to explore Rwanda’s Tin »
  • Recent Posts

    • Nyabihu: Abaturage bakomeje kwegerezwa umuriro w’amashanyarazi kandi abawubonye barishimira uburyo wabakuye mu bwigunge
    • Rubavu: Road construction to pave for more development
    • Nyabihu: Akarere kesheje umuhigo kanarenzaho mu kwegereza abaturage amashyanyarazi
    • Rulindo: Abaturage batuye mu murenge wa mbogo bafite ikibazo cyo kutagira amazi meza.
    • Rubavu: ibikorwa by’imihanda bizajya bishyirwa aho abaturage babigiramo uruhare
    • Nyanamo: Residents contribute for electricity